Authors Posts by Janvier POPOTE

Janvier POPOTE

1140 POSTS 0 COMMENTS
Nshimyumukiza 'Janvier Popote' afite Impamyabumenyi y'Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza yakuye muri Kaminuza Nkuru y'u Rwanda muri 2013, mu Ishuri ry'Itangazamakuru n'Itumanaho.

Sosiyete sivile yashimye amatora y’abasenateri, igaya abarimu batoye imfabusa

Sosiyete Sivile yashimye amatora y’abasenateri yabaye tariki 16-18 Nzeri 2019, ihamya ko yabaye mu mucyo no mu bwisanzure ariko inenga abarimu ba kaminuza batoye imfabusa. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Ihuriro ry’Imiryango wa Sosiyete Sivile (RCSP), Nyemazi Jean Bosco avuga ko mu ndorerezi 293 harimo 45 za sosiyete...

Isomwa ry’urubanza rwa nyiri Goodrich TV ryimuwe kubera ibibazo birimo icya interineti

Urukiko rw’Ibanza rwa Nyarugenge rwimuye isomwa ry’urubanza ruregwamo Dr Habumugisha Francis ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo, kubera ibibazo birimo icya interineti. Saa cyanda z’igicamunsi cy’uyu 17 Nzeri 2019, byari biteganyijwe ko urukiko rutangaza niba Dr Francis akomeza gufungwa mu gihe iperereza rikomeza, cyangwa niba afungurwa. Umucamanza yabwiye...

Dosiye ya wa munyemari ukurikiranweho gukubita umwari yaregewe urukiko

Umushinjacyaha Mukuru, Mutangana Jean Bosco, aravuga ko dosiye ya Dr Francis Habumugisha ukurikiranweho gukubitira mu nama umukobwa witwa Kamali Diane “yamaze gushyikirizwa urukiko kugira ngo aburanishwe”. Dr Habumugisha nyiri Goodrich TV “araregwa gukubita, icyaga gihanwa n’amategeko mu ngingo ya 121 y’Itegeko riteganya ibyaha n’ibihano muri...

Kagame yijeje gukurikirana iby’umukobwa “wakubitiwe” mu nama n’umunyemari

Perezida Kagame yanditse kuri Twitter ko agiye gukurikirana ikibazo cy’umukobwa uherutse kumumenyesha ko yakubitiwe mu nama n’umunyemari mu Mujyi wa Kigali ntahabwe ubutabera. Kamali Diane avuga ko yakubiswe na Habumugisha Francis nyiri Goodrich TV, ikirego agishyikiriza Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) ariko rumara amezi abiri...

Nyuma yo gusezera muri WCB, Harmonize yakoze ubukwe n’Umutaliyanikazi

Umuhanzi w’icyamamare wo muri Tanzania Rajab Abdul Kahali wamenyekanye nka Harmonize yakoze ubukwe n’umukunzi we ukomoka mu Butaliyani, Sarah Michelotti, iminsi mike nyuma yo kwikura muri WCB. Harmonize na Sarah ku munsi w’ubukwe bwabo bwakozwe mu ibanga rikomeye Wasafi Classic Baby (WCB) ni ‘label’ yamenyekanishije...

Most Popular

Yapfuye atera akabariro nyuma yo gukoresha umuti utuma atarangiza vuba ngo yemeze indaya

Albert Agomavi w'imyaka 40 y'amavuko yasanzwe mu cyumba cya hoteli yashizemo umwuka nyuma yo gukoresha umuti utuma umugabo atarangiza imburagihe. Amakuru aturuka mu muryango we...

Ibyo utamenye kuri Igabe Egide umaze iminsi mu maboko ya RIB

Egide Igabe si we Munyarwanda wenyine wize muri Atlantic International University. Hari n'abandi barimo abayobozi bakomeye bavuga ko 'equivalences' bazimaranye imyaka. Abaganiriye na Popote.rw bavuga...

How to add Adsense to your website

You’ve spent countless hours designing and updating your website. But you’re not getting paid for all of your hard work. Rather than letting your efforts...

U Rwanda rwanyomoje abavuga ko Busingye yazize dosiye ya Rusesabagina

Bamwe mu Badepite bo mu Bwongereza barasaba Guverinoma yabo kutakira Johnton Busingye nka Ambasaderi w'u Rwanda mu Bwongereza kubera dosiye ya Rusesabagina. Bavuga ko Busingye...