Thursday, March 28, 2024
Authors Posts by Janvier POPOTE

Janvier POPOTE

1140 POSTS 0 COMMENTS
Nshimyumukiza 'Janvier Popote' afite Impamyabumenyi y'Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza yakuye muri Kaminuza Nkuru y'u Rwanda muri 2013, mu Ishuri ry'Itangazamakuru n'Itumanaho.

RMC irasaba itangazamakuru ryo mu Rwanda kutimakaza imico y’amahanga

Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura (RMC) ruravuga ko itangazamakuru rifitiye umumaro munini Igihugu, ariko ko ritaragera ku rwego rwiza mu guteza imbere ibyo mu Rwaanda. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa RMC, Mugisha Emmanuel, avuga ko umuco nyarwanda wakabaye ushyirwa imbere cyane mu itangazamakuru, cyane cyane irya radiyo na tereviziyo. Avuga...

MHC yijeje amahugurwa ahoraho abanyamakuru b’imikino n’imyidagaduro

Hashize imyaka itandatu abanyamakuru b’imikino n’imyidagaduro badahugurwa n’Inama Nkuru y’Itangazamakuru (MHC), urwego rwa Leta rushinzwe kubaka ubushobozi bw’itangazamakuru. Iyo ubajije impamvu, MHC ikubwira ko hari ibindi byiciro by’itangazamakuru byagaragaraga ko bikeneye guhugurwa kubera umumaro bifitiye rubanda kurusha imikino n’imyidagaduro. Kuri iyi nshuro ariko, MHC iravuga ko...

RMC mu nzira zo kubona ubuzima gatozi bwitezweho kuyikura mu bukene

Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura (RMC) rumaze igihe kirekire rutaka ubukene bushingiye ahanini ku kuba rutarabona ubuzima gatozi busesuye kuva rwashingwa mu mwaka wa 2013. Kutagira ubuzima gatozi, ni ibintu Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa RMC, Mugisha Emmanuel, avuga ko byakabaye byarihutishijwe n’ubuyobozi bwarwo mu myaka 6 ishize. Gusa avuga...

RMC: Hari ubushake bwa politiki bwo gufasha itangazamakuru kwisanzura

Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura (RMC) rurashima intambwe iherutse guterwa yo gushaka uko ingingo ihana gutuka Umukuru w’Igihugu yakurwa mu itegeko ry’ibyaha n’ibihano muri rusange. Iyo ngingo ya 236 yo mu Itegeko nᵒ 68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 iteganyiriza utuka Umukuru w’Igihugu “igifungo kitari munsi y’imyaka itanu...

Bigenda bite ngo RRA yinjize imisoro ku ijanisha riri hejuru ya 100%?

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) igaragaza ko imisoro n’amahoro mu mwaka ushize w’ingengo y’imari wa 2018/19 byakusanyijwe ku kigero cya 102,1%. RRA yakusanyije miliyari 1421.7 Frw mu gihe yari gifite intego ya miliyari 1392.1 Frw, bivuze ko harengejweho miliyari 29.6 Frw, nk’uko Ruganintwali Pascal...

IPRC: Bakoze uburyo bwo kwatsa imodoka ukoresheje ikarita ya Tap&Go

Ikarita ya Tap & Go imenyerewe mu kwishyura amafaranga y’urugendo mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange, abanyeshuri bayongereyemo uburyo bwo kwatsa imodoka. Nyuma y’imyaka itatu biga muri IPRC-Karongi, Niyigirimpuhwe Isidore na Tuyizere Emmanuel bafatanyije na mwalimu wabo bakora amakarita akora akazi nk’aka kontake...

Most Popular

Yapfuye atera akabariro nyuma yo gukoresha umuti utuma atarangiza vuba ngo yemeze indaya

Albert Agomavi w'imyaka 40 y'amavuko yasanzwe mu cyumba cya hoteli yashizemo umwuka nyuma yo gukoresha umuti utuma umugabo atarangiza imburagihe. Amakuru aturuka mu muryango we...

Ibyo utamenye kuri Igabe Egide umaze iminsi mu maboko ya RIB

Egide Igabe si we Munyarwanda wenyine wize muri Atlantic International University. Hari n'abandi barimo abayobozi bakomeye bavuga ko 'equivalences' bazimaranye imyaka. Abaganiriye na Popote.rw bavuga...

How to add Adsense to your website

You’ve spent countless hours designing and updating your website. But you’re not getting paid for all of your hard work. Rather than letting your efforts...

U Rwanda rwanyomoje abavuga ko Busingye yazize dosiye ya Rusesabagina

Bamwe mu Badepite bo mu Bwongereza barasaba Guverinoma yabo kutakira Johnton Busingye nka Ambasaderi w'u Rwanda mu Bwongereza kubera dosiye ya Rusesabagina. Bavuga ko Busingye...