Thursday, March 28, 2024
IMYIDAGADURO

IMYIDAGADURO

Niba ufite amakuru y'imyidagaduro wifuza kudusangiza, waduhamagara kuri 0785756423 cyangwa ukatwandikira kuri nshimjanvier@gmail.com

Salax Awards: Abatsinze bategereje amafaranga amaso ahera mu kirere

Abahanzi batsindiye ibihembo mu byiciro bitandukanye muri Salax Awards 2019, barivovotera kuba hashize amezi atanu batarahabwa amafaranga batsindiye. Uncle Austin ni we wenyine wishyuwe, ariko...

Diamond yagiriye inama 5 abahanzi nyarwanda bashaka kuramba mu muziki

Icyamamare cyo muri Tanzania Diamond Platnumz yaganiriye n’abanyamakuru i Kigali mbere y’igitaramo azakorera muri Parking ya Petit Stade i Remera, asubiza ibibazo bitandukanye. Mu kiganiro...

RMC irasaba itangazamakuru ryo mu Rwanda kutimakaza imico y’amahanga

Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura (RMC) ruravuga ko itangazamakuru rifitiye umumaro munini Igihugu, ariko ko ritaragera ku rwego rwiza mu guteza imbere ibyo mu Rwaanda. Umunyamabanga Nshingwabikorwa...

MHC yijeje amahugurwa ahoraho abanyamakuru b’imikino n’imyidagaduro

Hashize imyaka itandatu abanyamakuru b’imikino n’imyidagaduro badahugurwa n’Inama Nkuru y’Itangazamakuru (MHC), urwego rwa Leta rushinzwe kubaka ubushobozi bw’itangazamakuru. Iyo ubajije impamvu, MHC ikubwira ko hari...

Most Popular

Yapfuye atera akabariro nyuma yo gukoresha umuti utuma atarangiza vuba ngo yemeze indaya

Albert Agomavi w'imyaka 40 y'amavuko yasanzwe mu cyumba cya hoteli yashizemo umwuka nyuma yo gukoresha umuti utuma umugabo atarangiza imburagihe. Amakuru aturuka mu muryango we...

Ibyo utamenye kuri Igabe Egide umaze iminsi mu maboko ya RIB

Egide Igabe si we Munyarwanda wenyine wize muri Atlantic International University. Hari n'abandi barimo abayobozi bakomeye bavuga ko 'equivalences' bazimaranye imyaka. Abaganiriye na Popote.rw bavuga...

How to add Adsense to your website

You’ve spent countless hours designing and updating your website. But you’re not getting paid for all of your hard work. Rather than letting your efforts...

U Rwanda rwanyomoje abavuga ko Busingye yazize dosiye ya Rusesabagina

Bamwe mu Badepite bo mu Bwongereza barasaba Guverinoma yabo kutakira Johnton Busingye nka Ambasaderi w'u Rwanda mu Bwongereza kubera dosiye ya Rusesabagina. Bavuga ko Busingye...