Minisitiri w’Ubutabera, Johnston Busingye, yijeje gukemura ikibazo cy’ikoreshwa ry’ingufu z’umurengera ku bashinzwe umutekano, avuga ko ritemewe mu mategeko kandi ko ridakwiye.

Ni nyuma y’aho hamaze imyaka myinshi havugwa inkuru z’abaraswa n’abashinzwe umutekano, bikavugwa ko bageragezaga kubarwanya cyangwa kubatoroka, ariko bamwe bamwe bagakemanga izo mpamvu kuko hari abaraswa bambaye amapingu, hakibazwa uko uwambaye amapingu yakwiruka agasiga ushinzwe kumurinda utayambaye, hakanibazwa impamvu ataraswa ahatari mu cyico.

Inkuru irambuye:

LEAVE A REPLY