Mu Rwanda hari iyicarubozo, Leta ikwiye kurihagarika ikanasinya amasezerano mpuzamahanga yo kurwanya iburirwa irengero ry’abaturage|| Ikiganiro na John Mudakikwa wemeza ko ibyo raporo za Human Rights Watch zivuga ku Rwanda ibyinshi biba ari ukuri. Akuriye Umuryango wa CERULAR uharanira kubaka igihugu kigendera ku mategeko