Ubwo Abadepite bagize Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo by’Igihugu bakiraga Minisiteri y’Umuco na Siporo ngo isobanure uko izakoresha ingengo y’imari ya 2016/2017, n’ikibazo cy’umusaruro w’amakipe cyagarutsweho. Hari kuwa 14/6/2006. Minisitiri w’Umuco na Siporo Uwacu Julienne yavuze ko mu batoza b’Abanyarwanda, nta bafite ubushobozi bwatuma batoza indi kipe itari iyo mu cyiciro cya mbere cyangwa icya kabiri mu Rwanda.

LEAVE A REPLY